AGEZWEHO

  • Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira – Soma inkuru...
  • Abarinzi b'Igihango basabye urubyiruko gukunda Igihugu no kwirinda amacakubiri – Soma inkuru...

Umusaza umaze ubwoko bw'ibihangano ibihumbi 2,500 mu gihe cy’imyaka 40

Yanditswe Jun, 19 2017 19:27 PM | 5,750 Views



Inzobere mu bugeni Bushayija Pascal washushanyije impano intore z’abahanzi, abakora muri siporo n’abanyamakuru bahaye perezida wa repubulika Paul Kagame, arashishikariza urubyiruko gukora ibihangano by’umwimerere kuko aribyo bihesha agaciro nyirabyo. Bushayija Pascal avuga ko amaze gukora ubwoko bw' ibihangano busaga ibihumbi 2,500 mu gihe cy’imyaka 40 amaze muri uyu mwuga.

Bushayija avuga ko nyuma yo gukunda ibijyanye n’ubugeni, yiyemeje kujya kubyiga mw’ishuli ryigisha ubugeni ryo ku Nyundo. Nyuma yo  kubyiga, akanabyigisha mw'ishuli. Avuga kandi ko ahanini akoresha ibikoresho biboneka mu Rwanda, akaba usanga uko ibihe bisimburana abanyarwanda barushaho gukunda ibihangano bikorerwa iwabo.


Abikesheje umwuga akora, Bushayija avuga ko yageze kuri byinshi birimo kwiyubakira inzu no kwita ku muryango we.  Muri rusange ngo amaze gukora ubwoko bw' ibihangano busaga ibihumbi 2500.

Ku isoko ibiciro by' ibihano ngo usanga bihagaze hagati y' ibihumbi 60 na miliyoni 2 z' amafaranga y' u Rwanda. Imwe mu mbogamizi Bushayija avuga ko igaragara mu mwuga akora nuko bimwe mu bikoresho akoresha nk' irangi ryabugenewe, usanga rituruka hanze y' igihugu.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura

Impunzi z’i Kigeme ntizigihagaritse umutima kubera ibiza

Rubavu: Uko hahanzwe imishinga ikomeje gufasha mu iterambere ry'abarokotse

NEC yasobanuye ibisabwa ku baziyamamariza ku mwanya w’Umukuru w’Igih

Perezida Kagame yasabye ba ofisiye bashya ba RDF kwanga ubugwari n’ububwa,

Ba ofisiye 624 bashya binjijwe mu Ngabo z’u Rwanda (Amafoto)

Ibyihariye kuri Dr Jean Baptiste Habyarimana wazize kurwanya umugambi wa Jenosid