AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Umutoza McKinstry yongerewe amazerano y'imyaka 2 atoza Amavubi

Yanditswe Mar, 24 2016 11:21 AM | 3,126 Views



Umutoza w'ikipe y'igihugu Amavubi Johnny McKinstry, amaze kongererwa amasezerano y'imyaka ibiri mu gihe habura umunsi umwe ngo ikipe y'igihugu ikine n'ikipe y'igihugu y'ibirwa bya Maurice mu mukino wo guhatanira itike yo gukina imikino y'Afrika y'ibihugu.

Johnny McKinstry w'imyaka 30 yamavuko, bisobanuye ko azakomeza gutoza ikipe y'igihugu amavubi kugeza mu mwaka w'2018.

Uyu mugabo yatangiye gutoza amavubi kuva muri Werurwe 2014.

Kongererwa amasezerano kuri uyu mutoza kuje nyuma y'umwaka umwe gusa  agaragaje ubushobozi bwe bitewe n'uburyo ikipe y' igihugu yagiye yitwara mu mikino itandukanye.

Uyu mutoza amaze gutangaza ko yemeye kurushaho gutoza amavubi mu gihe cy'imyaka 2 iri imbere bitewe n'ubwumvikane hagati ye n'ishyirahamwe ry'umupira wamaguru mu Rwanda, FERWAFA, Minisiteri y'umuco na siporo ndetse na leta muri rusange.

Bwana MCKinskry yemeza ko kugeza ubu izi mpande zose zikomeje kubahiriza, gahunda nziza yo gutuma amavubi atera indi ntambwe.



Bienvenue Karenzi

ubwose amasezerano amaziki mgo atware ikombe basi abanyarwanda bishime aha. Jun 28, 2016


Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama