AGEZWEHO

  • Amerika yakebuwe ku kwinangira gukoresha imvugo nyayo ya Jenoside yakorewe Abatutsi – Soma inkuru...
  • RIB yafunze abantu 39 bakurikiranweho ibyaha by’ingengabitekerezo ya Jenoside – Soma inkuru...

Umuyobozi wa Polisi yasabye abamotari kubahiriza amategeko yo mu muhanda

Yanditswe Aug, 28 2016 00:14 AM | 1,442 Views



Mu mezi 14 ashize abantu 173 barapfuye abandi barakomereka mu biturutse ku mpanuka za moto zabereye hirya no hino mu gihugu. Mu nama polisi y'u Rwanda ishami rishinzwe umutekano mu muhanda yagiranye n’abakora umurimo wo gutwara abatu kuri za moto, yabasabye gukora nk'abanyamwuga bitwararika mu kubahiriza amategeko agenga umutekano wo mu muhanda.

Umuyobozi mukuru wa polisi IGP Emmanuel Gasana arasaba abatwara abagenzi kuri za moto kwita ku mutekano mu muhanda bubahiriza amategeko agenga umutekano wo mu muhanda kandi banatanga servise nziza. Yanavuze ko ubu polisi y'igihugu iri muri gahunda yo kongera za camera mu mihanda zizabafasha kumenya abica amategeko kugirango bahanwe nk’uko itegeko riteganya. Bamwe mu bamotari bakaba bishimiye imikoranire bakomeje kugirana na polisi y’igihugu.

Inkuru mu mashusho:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Impunzi z’i Kigeme ntizigihagaritse umutima kubera ibiza

Rubavu: Uko hahanzwe imishinga ikomeje gufasha mu iterambere ry'abarokotse

NEC yasobanuye ibisabwa ku baziyamamariza ku mwanya w’Umukuru w’Igih

Perezida Kagame yasabye ba ofisiye bashya ba RDF kwanga ubugwari n’ububwa,

Ba ofisiye 624 bashya binjijwe mu Ngabo z’u Rwanda (Amafoto)

Ibyihariye kuri Dr Jean Baptiste Habyarimana wazize kurwanya umugambi wa Jenosid

Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente yakiriye Minisitiri w'Ibikorwaremezo m

Guverineri Mugabowagahunde yasabye Abayisilamu gukomeza kwitabira ibikorwa byo #