Yanditswe Jun, 27 2016 07:53 AM | 1,832 Views
Rubavu- Umusirikare wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yarasizwe ku birindiro by’ingabo z’u Rwanda biri mu kagari ka Rutagara mu murenge wa Rubavu ubwo yahinjiraga mu buryo bunyuranije n’amategeko ndetse banamuhagarika akanga guhagarara.
Umurambo w’uyu musirikare ukaba washyikirijwe igihugu cya Congo kuri uyu wa gatandatu. Mu gihe ubuyobozi bw’itsinda ry’ingabo rishinzwe kugenzura uko amahoro yubahirizwa mu bihugu bituriye ibiyaga bigari (JVM) bwo bwirinda kugira icyo butangaza kuri iki kibazo.
Reba inkuru yose mu mashusho:
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru