AGEZWEHO

  • Tariki 20 Mata 1994 ni bwo Umwamikazi Gicanda yishwe – Soma inkuru...
  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...

Undi musirikare wa Congo yaguye mu birindiro by'ingabo z'u Rwanda

Yanditswe Jun, 27 2016 07:53 AM | 1,832 Views



Rubavu- Umusirikare wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yarasizwe ku birindiro by’ingabo z’u Rwanda biri mu kagari ka Rutagara mu murenge wa Rubavu ubwo yahinjiraga mu buryo bunyuranije n’amategeko ndetse banamuhagarika akanga guhagarara.

Umurambo w’uyu musirikare ukaba washyikirijwe igihugu cya Congo kuri uyu wa gatandatu. Mu gihe ubuyobozi bw’itsinda ry’ingabo rishinzwe kugenzura uko amahoro yubahirizwa mu bihugu bituriye ibiyaga bigari  (JVM) bwo bwirinda kugira icyo butangaza kuri iki kibazo.

Reba inkuru yose mu mashusho:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira