AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Urubyiruko rwigishijwe amwe mu mateka y'igihugu mu gikorwa cyiswe 'Our Past'

Yanditswe Apr, 10 2017 16:38 PM | 1,476 Views



Urubyiruko rwavutse mu gihe cya jenoside yakorewe Abatutsi na nyuma yayo gato, ku mugoroba w'iki cyumweru rwaraye ruganirijwe ku mateka yaranze u Rwanda n'urugamba rwo kubohora igihugu.

Urwo rubyiruko ruvuga ko ibyo biganiro ruhabwa bituma basobanukirwa n'inzira u Rwanda rwanyuzemo, bityo bakamenya ibyo kwirinda n'ibyo gukurikiza

Muri ibi bihe byo kwibuka jenoside yakorewe Abatutsi urubyiruko rutigeze rubona uko jenoside yegenze ruhurizwa hamwe rukaganirizwa ku mateka yaranze u Rwanda mu bihe bitandukanye rukanagirwa inama uko rwakwitwara mu kubaka igihugu kizira amacakubiri kandi kibereye buri Munyarwanda.

Ni ibiganiro byitabiriwe n’ urubyiruko rwibumbiye mu itsinda risanzwe ribyina rikanakina amakinamico rwateguye igikorwa cyiswe 'Our Past''(bivuga ejo hacu hashize) kugira ngo ruhabwe amasomo ku mateka y'u Rwanda n'aho rugeze rwiyubaka nyuma y'ibihe bigoye rwanyuzemo.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage