Yanditswe Dec, 05 2017 22:25 PM | 5,208 Views
Minisiteri y’ibidukikije iratangaza ko ibyuma bishaje bishobora kuvamo
ibishya kandi bikongera kugira akamaro. Ni mugihe hafunguwe ku mugaragaro
uruganda rukora za mudasobwa zishaje zikongera gukora kandi ngo ntakibazo.
Uru ruganda ruteganywa kwagurwa mu kongera ibyo rukura muri ibi
bifatwa nk'imyanda, rufite ubushobozi bwo kwakira toni ziri hagati 100-150
z'ubwoko 15 bw'ibikoresho by’ikoranabuhanga ku mwaka. Mu mezi 6 rumaze rukora nibura ngo
rwaraburijemo toni 270 z'ibyuka bihumanya ikirere byari guturuka muri ibi
byuma.
Kugeza ubu amakusanyirizo y'ibi bikoresho bishaje ari mu turere twa Nyabihu, Huye na Bugesera ariko hakaba hari gahunda yo kongera aya makusanyirizo mu gihugu hose.
Inkuru mu mashusho:
Abasaga 200 bategerejwe i Kigali mu Iserukiramuco ‘Kigali Triennial’
Feb 12, 2024
Soma inkuru
Art Rwanda yatumye hahangwa imirimo 400 mu myaka 2
May 15, 2023
Soma inkuru