AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Uruganda rwa Volkswagen rurateganya gutangira guteranyiriza imodoka mu Rwanda

Yanditswe Dec, 21 2016 10:50 AM | 2,555 Views



Uruganda Volkswagen na Guverinoma y'u Rwanda bigiye gushyira umukono ku masezerano ajyanye n'uburyo uru ruganda mu minsi iri imbere ruzajya ruteranyiriza izi modoka mu Rwanda aho gukomeza kuva i mahanga ndetse zihenze.

Aya masezerano arashyirwaho umukono n’umuyobozi w’ikigo cy’igihugu cy’Iterambere, RDB, Francis Gatare ndetse n’umuyobozi mukuru wa Volkswagen muri Afurika y'epfo, Thomas Schaefer.

Biteganijwe ko imodoka Volkswagen izajya ikora ziri mu bwoko bwa ThinkBlue, ni ukuvuga izitangiza ibidukikije, zidakoresha essence nyinshi kandi ntizohereze imyuka ihumanya ikirere

Kugeza ubu Igihugu cya Kenya nicyo kimaze kubimburira ibindi bihugu bigize umuryango w'Afrika y'uburasirazuba gukorana n'uruganda rwa Volkswagen




Emmanuel Gatera

Volks (mu Urudage ) // Ijwi Amajwi (mu Runyarwanda); Wagen Abaturage! Dec 21, 2016


Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama