AGEZWEHO

  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...
  • U Bubiligi: Uwahamijwe ibyaha bya Jenoside yashinje Nkunduwimye kujya mu nama zayiteguraga – Soma inkuru...

Urukiko rwa Stockholm rwakatiye Claver Berinkindi igihano cyo gufungwa burundu

Yanditswe May, 17 2016 12:28 PM | 2,445 Views



Kuri uyu wa mbere urukiko rw’I Stockholm muri Suede rwakatiye umunyarwanda Claver Berinkindi igihano cyo gufungwa burundu, nyuma yo kumuhamya ibyaha bya Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda. Uyu mugabo w’imyaka 61 unafite ubwenegihugu bwa Suede, abaye umunyarwanda wa kabiri ukatiwe gufungwa burundu muri iki gihugu, nyuma ya Stanislas Mbanenande.

Iki ni icyemezo kishimiwe n’ubushinjacyaha bukuru bw’u Rwanda, bwemeza ko imikoranire y’u Rwanda na Suede mu gukurikirana no kuburanisha abacyekwaho kugira uruhare muri jenoside, ari myiza.


Reba hano ibindi kuri iyi nkuru:





Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira