Yanditswe May, 17 2016 12:28 PM | 2,445 Views
Kuri uyu wa mbere urukiko rw’I Stockholm muri Suede rwakatiye umunyarwanda Claver Berinkindi igihano cyo gufungwa burundu, nyuma yo kumuhamya ibyaha bya Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda. Uyu mugabo w’imyaka 61 unafite ubwenegihugu bwa Suede, abaye umunyarwanda wa kabiri ukatiwe gufungwa burundu muri iki gihugu, nyuma ya Stanislas Mbanenande.
Iki ni icyemezo kishimiwe
n’ubushinjacyaha bukuru bw’u Rwanda, bwemeza ko imikoranire y’u Rwanda na Suede
mu gukurikirana no kuburanisha abacyekwaho kugira uruhare muri jenoside, ari
myiza.
Reba hano ibindi kuri iyi nkuru:
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru