AGEZWEHO

  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...
  • Gatsibo: Bijejwe guhabwa umuhanda wa Kaburimbo amaso ahera mu kirere – Soma inkuru...

Urwego rwa serivisi rukwiye gukomeza gutezwa imbere--Perezida Kagame

Yanditswe Jan, 01 2017 16:28 PM | 1,308 Views



Abanyarwanda b'ingeri zitandukanye bavuga ko urwego rwa serivisi ari urwego rukomeye mu bukungu  bw'igihugu bakaba bashima ko Umukuru w'igihugu Paul Kagame akomeza guhwiturira inzego zitandukanye kunoza imitangire ya serivisi ndetse akaba yongeye no kubigarukaho mu ijambo risoza umwaka wa 2016.

Icyerekezo cy'umwaka utangiye wa 2017 cyamaze kwigaragaza ahanini usesenguye ubutumwa bukubiye mu ijambo risoza umwaka wa 2016 rya Perezida wa Republika Paul Kagame ryasakaye ku miyoboro itandukanye y' ibitangazamakuru.

Mu butumwa bushimangira ubwo yari yagarutseho mu nama y 'igihugu y' Umushyikirano mu byumweru bibiri bishize, Umukuru w' igihugu yashimangiye ko ubufatanye no gukunda igihugu ari wo muganda ukomeye Abanyarwanda bakeneweho kugira ngo bakomeze kwiyubakira igihugu mu bufatanye  kandi ashimangira ko umutekano n 'ubusugire by' igihugu ari umusingi ntanyeganyezwa naho imitangire ya serivisi ikaba Umukoro w'inzego zose.

Inkuru irambuye mu mashusho:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama