Yanditswe Jan, 01 2017 16:28 PM | 1,308 Views
Abanyarwanda b'ingeri
zitandukanye bavuga ko urwego rwa serivisi ari urwego rukomeye mu bukungu bw'igihugu bakaba bashima ko Umukuru
w'igihugu Paul Kagame akomeza guhwiturira inzego zitandukanye kunoza imitangire
ya serivisi ndetse akaba yongeye no kubigarukaho mu ijambo risoza umwaka wa
2016.
Icyerekezo cy'umwaka utangiye wa 2017 cyamaze kwigaragaza ahanini usesenguye
ubutumwa bukubiye mu ijambo risoza umwaka wa 2016 rya Perezida wa Republika
Paul Kagame ryasakaye ku miyoboro itandukanye y' ibitangazamakuru.
Mu butumwa bushimangira ubwo yari yagarutseho mu nama y 'igihugu y' Umushyikirano mu byumweru bibiri bishize, Umukuru w' igihugu yashimangiye ko ubufatanye no gukunda igihugu ari wo muganda ukomeye Abanyarwanda bakeneweho kugira ngo bakomeze kwiyubakira igihugu mu bufatanye kandi ashimangira ko umutekano n 'ubusugire by' igihugu ari umusingi ntanyeganyezwa naho imitangire ya serivisi ikaba Umukoro w'inzego zose.
Inkuru irambuye mu mashusho:
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
Apr 24, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru