AGEZWEHO

  • Tariki 20 Mata 1994 ni bwo Umwamikazi Gicanda yishwe – Soma inkuru...
  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...

Urwego rw'abunzi rwafashije kugabanya imanza zijya mu nkiko ku kigero cya 20%

Yanditswe Nov, 22 2016 16:18 PM | 2,506 Views



Kuva mu mwaka wa 2011-2012 kugeza mu mwaka wa 2015-2016, ibirego byajyaga mu nkiko byagabanutseho hafi 31%. Inzego zireberera inkiko mu Rwanda zemeza ko impamvu y'igabanyuka ry'ibirego mu nkiko ari uko guverinoma y'u Rwanda yashyize imbaraga mu nzego z'Abunzi ndetse no mu nzu zitanga ubufasha mu by'amategeko, MAJ.

Izo nzego zigafasha abaturage kudasiragira mu nkiko, zikagira n'uruhare mu kunga abanyarwanda 

Inzego z'abunzi zagiyeho mu mwaka wa 2004 mu rwego rwo gutanga ubutabera bwunga. bamwe mu baturage bemeza ko inzego z'abunzi zibafatiye runini aho zibafasha kudasiragira mu  nkiko.

Umuvugizi w'inkiko mu Rwanda avuga ko kuva mu mwaka wa 2011-2012, ibirego byageraga mu nkiko byari 72.509, naho mu mwaka wa 2015-2016 byagabanutse kugera kuri 50.102, bingana na 30.9%. 




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira