Yanditswe Nov, 22 2016 16:18 PM | 2,506 Views
Kuva
mu mwaka wa 2011-2012 kugeza mu mwaka wa 2015-2016, ibirego byajyaga mu nkiko
byagabanutseho hafi 31%. Inzego zireberera inkiko mu Rwanda zemeza ko impamvu
y'igabanyuka ry'ibirego mu nkiko ari uko guverinoma y'u Rwanda yashyize
imbaraga mu nzego z'Abunzi ndetse no mu nzu zitanga ubufasha mu by'amategeko,
MAJ.
Izo nzego zigafasha abaturage kudasiragira mu nkiko, zikagira n'uruhare mu kunga abanyarwanda
Inzego z'abunzi zagiyeho mu mwaka wa 2004 mu rwego rwo gutanga ubutabera bwunga. bamwe mu baturage bemeza ko inzego z'abunzi zibafatiye runini aho zibafasha kudasiragira mu nkiko.
Umuvugizi w'inkiko mu Rwanda avuga ko kuva mu mwaka wa 2011-2012, ibirego byageraga mu nkiko byari 72.509, naho mu mwaka wa 2015-2016 byagabanutse kugera kuri 50.102, bingana na 30.9%.
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru