Yanditswe Nov, 04 2017 22:42 PM | 7,229 Views
Hirya no hino
mu mujyi wa Kigali kimwe no mu gihugu muri rusange imihanda ya kaburimbo
ikomeje kwiyongera. Ni mu gihe nyamara u Rwanda rubona ubwigenge no mu myaka
isaga icumi yakurikiyeho mu gihugu hari umuhanda umwe gusa wa kaburimbo nawo
utarenze ibirometero 12.
Iyubakwa
ry’imihanda ya kaburimbo mu bice bitandukanye by’umujyi wa Kigali ni kimwe mu
byongera ubwiza bw’umurwa mukuru w’u Rwanda. Nubwo muri iki gihe nta
munyarwanda watangazwa no kubona umuhanda w’umukara ariko ngo si ko byari
bimeze mu myaka isaga 30 ishize.
AMAJYEPFO: Bahangayikishijwe n'indwara y'ubuganga yibasiye inka
Apr 06, 2022
Soma inkuru
Intara y'Amajyepfo ku isonga mu kurwanya igwingira mu bana
Jan 04, 2022
Soma inkuru