AGEZWEHO

  • NAEB yagaragaje ko ibyoherezwa hanze bituruka ku ndabo n'imbuto byageze kuri toni 1000 ku kwezi – Soma inkuru...
  • Amateka ya Mohamood Thabani warohoye imibiri y'Abatutsi mu Kiyaga cya Victoria – Soma inkuru...

Doing Business Report: Banki y’isi igiye kohereza intumwa zayo mu Rwanda

Yanditswe Nov, 10 2015 18:36 PM | 2,375 Views



Banki y’isi muri iki cyumweru irohereza intumwa zayo mu Rwanda kuvugana na Guverinoma ku bijyanye n’imihindagurikire y’ibipimo ngenderwaho mu gutegura isuzuma ku bihugu byorohereza ubucuruzi izwi nka Doing Business Report. Uku gusuzumira hamwe ibipimo bishya bishingirwaho kuraterwa n'uko guverinoma y’u Rwanda ivuga ko mu byateye gusubira inyuma ku rutonde rw’ibihugu byoroshya ubucuruzi muri raporo iherutse byatewe n'uko impuguke za banki y’isi zikora iryo suzuma zahinduye ibipimo ngenderwaho bikaba byaragize ingaruka atari ku Rwanda gusa ahubwo no ku bindi bihugu. U Rwanda rwasubiye inyuma imyanya 7 ruva ku mwanya wa 55 rugera ku mwanya wa 62 ku isi, n'ubwo muri Afurika rwagumye ku mwanya wa kabiri inyuma y’ibirwa bya Maurice no ku mwanya wa mbere mu karere ka Afurika y’iburasirazuba ndetse n’ibiyaga bigari.


Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize