Yanditswe Apr, 25 2019 07:49 AM | 1,798 Views
Perezida w’umutwe w’abadepite arasaba abadepite gushishoza mu gihe basesengura ingengo y’imari, kugirango buri rwego ruhuze neza igenamigambi ryarwo n’imihigo ruba rwarahize.
Ibi yabigarutseho mu gutangiza amahugurwa abadepite bagenewe,
kumikorere n’imikoranirey’inzego, mu kwihutisha iterambere ry’abaturage n’uburyo
bwo gusesengura ingengo y’imariya leta yita ku ihame ry’uburinganire.
Inkuru ya Jeannette UWABABYEYI
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura icyizere
Apr 16, 2024
Soma inkuru