AGEZWEHO

  • Bagiye kubona ibintu byiza- Danny Nanone yijeje indirimbo nshya – Soma inkuru...
  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...

ABADEPITE BAHUGUWE KU KUBAHIRIZA IHAME RY'UBURINGANIRE

Yanditswe Apr, 25 2019 07:49 AM | 1,798 Views



Perezida w’umutwe w’abadepite arasaba abadepite gushishoza mu gihe basesengura ingengo y’imari, kugirango buri rwego ruhuze neza igenamigambi ryarwo n’imihigo ruba rwarahize.


Ibi yabigarutseho mu gutangiza amahugurwa abadepite bagenewe, kumikorere n’imikoranirey’inzego, mu kwihutisha iterambere ry’abaturage n’uburyo bwo gusesengura ingengo y’imariya leta yita ku ihame ry’uburinganire.


Inkuru ya Jeannette UWABABYEYI 




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura