Yanditswe Apr, 28 2019 10:57 AM | 5,271 Views
Abahanzi muri iki gihe mu
Rwanda basanga bafite umukoro munini wo kubaka igihugu cyiza nyuma ya jenoside
yakorewe abatutsi.
Bemeza ko ibi ari inshingano kuri bo kugirango batandukane n'abagize uruhare mu gukwirakwiza urwango n'amacakubiri byagejeje u Rwanda kuri jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.
Kuba bamwe mu bahanzi baragize uruhare muri
jenoside yakorewe abatutsi ngo hari umukoro biha abahanzi b'abanyarwanda muri
iki gihe.
Abahanzi b'abanyarwanda muri iki gihe bemeza ko kuba igihugu gishyira imbere politiki y'ubumwe n'ubwiyunge no guhuza abantu ari amahirwe akomeye bakubakiraho batanga ubutumwa bwubaka igihugu.
Jean Damascène MANISHIMWE na Eugène NDAYISABA
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru