Yanditswe May, 03 2019 10:34 AM | 11,462 Views
Mu murenge wa Muhoza, ubuyobozi bw’akarere ka Musanze buremeza ko abajyanama b’ubuzima bafashije akagari ka Mpenge guhangana n’ikibazo cy’imirire mibi, ndetse no kwesa umuhigo wo kwitabira ubwisungane mu kwivuza ku rugero rw’ijana ku ijana.
Mu gikorwa cy’ubukangurambaga bahoneza buzageza mu kwezi kwa
karindwi uyu mwaka. Mu byibandwaho harimo ubuzima bw’umwana. Abajyanama
b’ubuzima nibo bari mu gupima aba bana, banabaha ifu ya ‘Ongera intungamubiri’,
igenewe abana bafite amezi 6 kugera kuri 23 y’amavuko. Abajyanama b’ubuzima mu kagari ka Mpenge ndetse n’aka
Cyabararika bavuga ko ku bufatanye n’ubuyobozi, imihigo bahigiye mu itorero
bagenda bayesa. Umuyobozi w’akarere ka Musanze wungirije ushinzwe imibereho
myizay’abaturage UWAMARIYA Marie Claire
avuga ko kujya mu itorero kw’abajyanama
b’ubuzima byarushijeho kongera umusaruro wabo.
Inkuru ya Akimana Latifah
Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi
Apr 19, 2024
Soma inkuru
REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr
Jan 19, 2024
Soma inkuru
Oscar Pistorius yafunguwe nyuma y'imyaka 11 ishize yishe uwari umukunzi we
Jan 05, 2024
Soma inkuru
Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda
Dec 14, 2023
Soma inkuru
Twitege iki kuri Tour du Rwanda 2024?
Nov 09, 2023
Soma inkuru
Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya
Nov 05, 2023
Soma inkuru
Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023
Oct 22, 2023
Soma inkuru
Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abagenda n'amaguru
Oct 15, 2023
Soma inkuru