AGEZWEHO

  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...
  • U Bubiligi: Uwahamijwe ibyaha bya Jenoside yashinje Nkunduwimye kujya mu nama zayiteguraga – Soma inkuru...

ABANYARWANDA BAREZE UGANDA KUBAFUNGA MU BURYO BUNYURANYIJE N’AMATEGEKO

Yanditswe Jun, 17 2019 14:58 PM | 9,321 Views




Abanyarwanda batatu batanze ikirego ku rukiko rw’umuryango wa Afrika y’iburasirazuba, barega igihugu cya Uganda kubera ko cyabafunze mu buryo bunyuranyije n’amategeko. 

Me Mugisha Richard ni we ugiye kubunganira mu mategeko.

Mu bareze igihugu cya Uganda harimo umuryango wa Ezeckiel Muhawenimama na Dusabimana Esperance wanabyariye umwana muri gereza I Kabale, ubwo bafungwaga bagiye gutabara umwe mu bagize umuryango wabo.

Hari kandi uwitwa Hakorimana Juvenant we yafatiwe mu mujyi wa Kampala, avuye mu gihugu cya Ethiopia aho yigishaga isomo ry’ibinyabuzima Cg Biologie. We anavuga ko yafatanywe amadorari ibihumbi 11, n’amayero 5,700 ntiyayasubizwa.

Aba bose bajyanywe mu rukiko bashinjwa kwinjira mu gihugu cya Uganda mu buryo butemewe n’amategeko. 

Iki kirego cyabocyashyikirijwe ishami ry’urukiko rw’umuryango wa Afrika y’iburasirazuba rikorera I Kigali cyakirwa n’umwanditsi warwo.

INKURU IRAMBUYE NI MUKANYA




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira