AGEZWEHO

  • Bagiye kubona ibintu byiza- Danny Nanone yijeje indirimbo nshya – Soma inkuru...
  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...

ABAROKOTSE BUBAKIWE AMACUMBI MASHYA

Yanditswe Apr, 11 2019 18:09 PM | 4,952 Views



Imiryango 100 y’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bo mu Murenge wa Rugerero mu Karere ka Rubavu irishimira amacumbi mashya bubakiwe ajyanye n’icyerekezo. Aya mazu yasimbuye inzu zari zishaje cyane babagamo.

Ni mu gihe inzu 18 zubatswe n’ingabo z’u Rwanda zamaze gushyikirizwa ba nyirazo, mu gihe izindi 32 zirimo kubakwa n’urugaga rw’abikorera mu Rwanda zizuzura mu gihe cy’imyaka 2.


Ni inkuru ya Jean Claude Kwizera



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura