Yanditswe Apr, 11 2019 18:09 PM | 4,952 Views
Imiryango 100 y’abarokotse
Jenoside yakorewe Abatutsi bo mu Murenge wa Rugerero mu Karere ka Rubavu
irishimira amacumbi mashya bubakiwe ajyanye n’icyerekezo. Aya mazu yasimbuye inzu zari
zishaje cyane babagamo.
Ni mu gihe inzu 18 zubatswe n’ingabo z’u Rwanda zamaze gushyikirizwa ba nyirazo, mu gihe izindi 32 zirimo kubakwa n’urugaga rw’abikorera mu Rwanda zizuzura mu gihe cy’imyaka 2.
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura icyizere
Apr 16, 2024
Soma inkuru