AGEZWEHO

  • Kenya yatangiye icyunamo cy'Umugaba Mukuru w'Ingabo wapfiriye mu mpanuka – Soma inkuru...
  • Bagiye kubona ibintu byiza- Danny Nanone yijeje indirimbo nshya – Soma inkuru...

AGRI-TERRA YAFUNGUYE KU MUGARAGARO MU RWANDA

Yanditswe Jun, 20 2019 08:42 AM | 11,254 Views




Umuyobozi wungirije w’umuryango  AGRI TERRA  ku rwego rw’isi,Van Rij  avuga ko kuba uyu muryango wazobereye ibijyanye n’ubuhinzi n’ubworozi ugiye kugira icyicaro mu Rwanda ari inyungu ikomeye ku makoperative yo muri urwo rwego.

Yagize ati, "Ndatekereza  nyungu abanyarwnda bazakura muri AGI TERRA  nuko dukora bisiness za kinyamwuga , ubunyamwuga bisobanuye kodushora cyane cyane mu guhugura abahinzi no ku bagira inama, kugirango tubongerere ubunyimenyi no gucunga umutungo mu mbogamizi bahura nazo mu buhizi bwabo". 


Ambasaderi  w’Ubuholandi mu Rwanda FEREDRICK DE MAN  avuga ko biteze imikoranire myiza n’Umuryango AGRI TERRA.

"Mbere na mbere AGRI TERRA ni umuryango  uterwa inkunga na ambasade y’ubuhorandi,  twishimiye gukorera  hamwe , icyo turi gukora ubungubu  n’ugushira hamwe nabo muri uyu mushinga  dutekerezako ari ingirakamaro , dufite imishinga myinshi tuzakoranamo mu guteza imbere ubuhizi, ndetse no guha amahugurwa amakoperative".

Umuyobozi wungirije w’ikigo gishinjwe ibyoherezwa mu mahanga bikomoka ku buhinzi n’ubworozi NAEB,Urujeni Sandrine avuga ko ubunararibonye bwa AGRI TERRA mu buhinzi n’ubworozi ari inyongeragaciro.

"Ubu bufatanye na AGRI TERRA  n’ubufanye  nka minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi y’ishimira  kubera y’uko AGRI TERRA izwi ho inararibonye  nkuko  mwabyumvise uko yavutse nabahinze bo mu buhorandi bishyize hamwe bakora ihuriro  ndetse babasha kugera kure , tubitezeho rero ubwo bufatanye nabo ko iryo nararibonye bazarizangiza n’abahinzi bo mu Rwanda kuko icyo bibandaho cyane ni ukongerera ubushobozi  n’ubumenyi amakoperative yaba muri business cyangwa mw’ibarurura mari ndetse no mu bikorwa bindi byateza imbere amakoperative".


AGRI TERRA ni umuryango  mpuzamahanga ukora  mu bijyanye  n’ubuhinzi n’ubworozi ukaba warashize mu mwaka w’1997 mu gihugu cy’Ubuholandi.

Inkuru ya Demokarasi Eric




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira