Yanditswe Jun, 11 2019 14:04 PM | 14,091 Views
Perezida wa Repubulika Paul Kagame kuri uyu wa kabiri yatangiye uruzinduko rw'akazi rw'iminsi ibiri agirira muri Nigeria aho biteganyijwe ko ari bwitabire inama ku kurwanya ruswa muri Nigeria.
Muri rusange, Perezida Kagame biteganyijwe ko muri iyi nama ari bugaragarize abayitabiriye uburyo u Rwanda rwabashije kurwanya ruswa binarushyira mu bihugu bitatu bya mbere muri afurika mu kurangwamo ruswa nke mu myaka ibiri ishize.
U Rwanda kandi rurashimwa kwimakaza ikoranabuhanga nk'imwe mu ntwaro yo kurwanya ruswa urugero rutangwa ni uburyo u Rwanda aricyo gihugu cya mbere muri Afurika gutangiza uburyo bw'ikoranabuhanga mu itangwa ry'amasoko mu mwaka wa 2016.
Ku munsi wa kabiri w'uruzinduko rwe, biteganyijwe ko umukuru w'igihugu azitabira umuhango w'irahira rya Perezida Muhamadu Buhari watorewe kongera kuyobora iki gihugu.
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
5 hours
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
Apr 24, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru