AGEZWEHO

  • Abarokokeye Jenoside muri Ste Famille bavuze inzira y’umusaraba banyuzemo – Soma inkuru...
  • Uganda yiyemeje guhashya icyasubiza Akarere mu icuraburindi nk’irya Jenoside yakorewe Abatutsi – Soma inkuru...

APR FC yegukanye igikombe cya 19 cya shampiyona

Yanditswe Jun, 25 2021 20:05 PM | 80,565 Views



Ikipe ya APR FC yegukanye igikombe cyayo cya 19 cya shampiyona nyuma yo kunyagira ikipe ya Rutsiro Fc ibitego 6-0, mu mukino waberaga mu karere ka Huye.

Ni umukino utigeze ugora APR FC cyane ko Rutsiro yakinaga ibura bamwe mu bakinnyi bayo basanzwemo.

Ni igikombe APR FC yegukanye idatsinzwe mu mikino 13 yakinnye, kibaka kandi icya kabiri mu buryo bwikurikiranyije idatsinzwe umukino n'umwe.

Gutsinda kwa APR FC kwahuriranye n'uko ikipe ya As Kigali bari bahanganiye ku gikombe  nayo yatsindaga ikipe ya Police FC ibitego 2-0, mu mukino waberaga i Muhanga, bituma irangiza ku mwanya wa kabiri inyuma ya APR FC, izi zombi zikaba zizaserukira u Rwanda mu mikino nyafurika.

Mu yindi mikino yabaye  kuri uyu wa Gatanu, Marine Fc yatsinze Bugesera ibitego 2-1, mu gihe Espoir nayo yatsindaga Rayon Sport ibitego 3-1




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu