AGEZWEHO

  • Lt Col Simon Kabera yagizwe Umuvugizi wungirije w'Ingabo z'u Rwanda – Soma inkuru...
  • Nyiramunukanabi yabaye imari i Bugesera – Soma inkuru...

Abacamanza b'urukiko rw'ikirenga n'urw'ubujurire bari mu mwiherero

Yanditswe Mar, 30 2022 07:23 AM | 32,532 Views



Kuri uyu wa Gatatu, abacamanza b'urukiko rw'ikirenga n'ab'urukiko rw'ubujurire n'abandi bakozi  b'urwego rw'ubucamanza mu Rwanda batangiye umwiherero uzamara iminsi itatu.

Uyu mwiherero ufite insanganyamatsiko igira iti "insobanurampamo  ry'Itegeko Nshinga n'andi mategeko,ubunararibonye bwo gutegura ingingo z'amategeko no gushingira ku byemezo by'inkiko (imanza zasomwe."

Atangiza uyu mwiherero, Perezida w'Urukiko rw'Ikirenga Faustin Ntezilyayo yavuze ko wagombaga kuba warabaye mbere ariko ntibyashoboka bitewe n'ubukana bw' icyorezo cya COVID19.

Avuga ko uyu mwiherero uzasigira  uzafasha uru rwego gutunganya neza no kurangiza inshingano zo gutanga ubutabera ruhabwa n'Itegeko Nshinga rya Repubulika y'u Rwanda

Biteganijwe ko abacamanza bo mu bihugu bya Tanzania na Afurika y'Epfo bazasangiza ubunararibonye abitabiriye uyu mwiherero ku birebana n'uburyo bakoresha mu gutanga ubutabera. 

Jean Paul MANIRAHO



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Musanze: Abaturage 26 borojwe inka n'Itorero ADEPR - Amafoto

Abasenateri batangiye gusura uturere bareba uko abaturage bakemurirwa ibibazo

Abayobozi batandukanye barimo gusura uruganda rutunganya amazi rwa Nzove

Imyaka isaga 4 irashize isoko mpuzamipaka rya Cyanika ridakorerwamo

Ubuhamya bw’ababaye kwa Gisimba uherutse kwitaba Imana

Abatuye muri Kigali basabye ko hakwihutishwa imirimo yo kwagura uruganda rw&rsqu

Minisiteri y'Ibidukikije irabasaba kureka gukoresha ibikoresho bya pulasiti

Angola yashimye umuhate urimo gushyirwa mu biganiro byo kugarura amahoro muri RD