AGEZWEHO

  • Nyamasheke: Abantu 2 bapfuye abandi 8 barakomereka mu mpanuka y’umukingo wabagwiriye – Soma inkuru...
  • Abanyeshuri barenga ibihumbi 30 basabye guhindurirwa ibigo cyangwa amashami – Soma inkuru...

Abacamanza b'urukiko rw'ikirenga n'urw'ubujurire bari mu mwiherero

Yanditswe Mar, 30 2022 07:23 AM | 34,035 Views



Kuri uyu wa Gatatu, abacamanza b'urukiko rw'ikirenga n'ab'urukiko rw'ubujurire n'abandi bakozi  b'urwego rw'ubucamanza mu Rwanda batangiye umwiherero uzamara iminsi itatu.

Uyu mwiherero ufite insanganyamatsiko igira iti "insobanurampamo  ry'Itegeko Nshinga n'andi mategeko,ubunararibonye bwo gutegura ingingo z'amategeko no gushingira ku byemezo by'inkiko (imanza zasomwe."

Atangiza uyu mwiherero, Perezida w'Urukiko rw'Ikirenga Faustin Ntezilyayo yavuze ko wagombaga kuba warabaye mbere ariko ntibyashoboka bitewe n'ubukana bw' icyorezo cya COVID19.

Avuga ko uyu mwiherero uzasigira  uzafasha uru rwego gutunganya neza no kurangiza inshingano zo gutanga ubutabera ruhabwa n'Itegeko Nshinga rya Repubulika y'u Rwanda

Biteganijwe ko abacamanza bo mu bihugu bya Tanzania na Afurika y'Epfo bazasangiza ubunararibonye abitabiriye uyu mwiherero ku birebana n'uburyo bakoresha mu gutanga ubutabera. 

Jean Paul MANIRAHO



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Nyamasheke: Abantu 2 bapfuye abandi 8 barakomereka mu mpanuka y’umukingo w

Abanyeshuri barenga ibihumbi 30 basabye guhindurirwa ibigo cyangwa amashami

Qatar: Dr Ngirente yitabiriye imurika mpuzamahanga ry'ubuhinzi bw’imb

Nyagatare: RAB yakuyeho akato kari kashyizweho kubera indwara y'uburenge

Kigali: Hari imihanda irimo kubakwa yadindiye ubu irimo guteza imivu y’ama

Akarere ka Musanze kongeye kunengwa ku kibazo cy'igwingira cyugarije abana

Nyamagabe: Ubuyobozi buhangayikishijwe n’ibikorwa bisubiza inyuma ubumwe n

Uburezi: Abakoze ibizamini byo kuba abarimu batagize amanota 70% basabwe gusubir