AGEZWEHO

  • NAEB yagaragaje ko ibyoherezwa hanze bituruka ku ndabo n'imbuto byageze kuri toni 1000 ku kwezi – Soma inkuru...
  • Amateka ya Mohamood Thabani warohoye imibiri y'Abatutsi mu Kiyaga cya Victoria – Soma inkuru...

Abacamanza b'urukiko rw'ikirenga n'urw'ubujurire bari mu mwiherero

Yanditswe Mar, 30 2022 07:23 AM | 34,237 Views



Kuri uyu wa Gatatu, abacamanza b'urukiko rw'ikirenga n'ab'urukiko rw'ubujurire n'abandi bakozi  b'urwego rw'ubucamanza mu Rwanda batangiye umwiherero uzamara iminsi itatu.

Uyu mwiherero ufite insanganyamatsiko igira iti "insobanurampamo  ry'Itegeko Nshinga n'andi mategeko,ubunararibonye bwo gutegura ingingo z'amategeko no gushingira ku byemezo by'inkiko (imanza zasomwe."

Atangiza uyu mwiherero, Perezida w'Urukiko rw'Ikirenga Faustin Ntezilyayo yavuze ko wagombaga kuba warabaye mbere ariko ntibyashoboka bitewe n'ubukana bw' icyorezo cya COVID19.

Avuga ko uyu mwiherero uzasigira  uzafasha uru rwego gutunganya neza no kurangiza inshingano zo gutanga ubutabera ruhabwa n'Itegeko Nshinga rya Repubulika y'u Rwanda

Biteganijwe ko abacamanza bo mu bihugu bya Tanzania na Afurika y'Epfo bazasangiza ubunararibonye abitabiriye uyu mwiherero ku birebana n'uburyo bakoresha mu gutanga ubutabera. 

Jean Paul MANIRAHO



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize