AGEZWEHO

  • Rusizi: Abarokotse Jenoside bagaragaje ko nta Mututsi wari wemerewe guhinga umuceri mu Bugarama – Soma inkuru...
  • Gen Mubarakh Muganga yagiriye uruzinduko muri Jordanie (Amafoto) – Soma inkuru...

Abacuruzi ba shisha bavuga ko kuyihagarika bizabatera igihombo

Yanditswe Dec, 15 2017 22:42 PM | 4,890 Views



Nyuma y'uko Minisiteri y'ubuzima itangarije ko itabi rizwi nka Shisha riciwe burundu ku butaka bw'u Rwanda, irasaba abarinyoyeho kugana abaganga bakareba uko ubuzima bwabo buhagaze kuko ngo rifite ingaruka zikomeye zirimo na kanseri.

Ministeri y'ubuzima yasobanuye ko itabi rya Shisha rikunze kugaragara mu tubari dutandukanye ritemewe mu Rwanda kandi ko abazarenga ku mabwiriza yatanzwe bagomba guhanwa hakurikijwe amategeko. 

Iyi ministeri ivuga ko mu igenzura yakoze ndetse n'ubushakashatsi bw'ishami ry'umuryango w'abibumbye ryita ku buzima OMS, bigaragara ko Shisha ifite ingaruka zikomeye ku buzima zimo kanseri y'íbihaha, igituntu n'izindi ndwara z'ubuhumekero. Bamwe mu baturage biganjemo urubyiruko bakiriye neza iki cyemezo.

Ubushakashatsi bwakozwe n'ishami ry'umuryango w'abibumbye ryita ku buzima OMS bugaragaza ko gukurura umwotsi wa Shisha mu gihe cy'isaha bingana no kunywa amasegereti ari hagati 100- 200 y'itabi ako kanya mu gihe bisobanurwa ko atari ryiza ku buzima.

Inkuru irambuye mu mashusho:



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu