AGEZWEHO

  • Ambasaderi Rutabana yagaragaje uko u Rwanda rwaharaniye ubudaheranwa nyuma ya Jenoside – Soma inkuru...
  • Ni igikorwa kigayitse ku Bufaransa- Amb. Anfré avuga ku bakozi babo bishwe muri Jenoside – Soma inkuru...

Abadepite barasaba ko ubumenyi buvumburwa n'abana bwakwitabwaho

Yanditswe Jun, 10 2016 10:38 AM | 1,539 Views



Abadepite bagize Komisiyo y'ingengo y'imari n'umutungo by'igihugu barasaba ibiro bya minisitiri w'intebe kwita ku bumenyi bw'abana bavumbura udushya hifashishijwe ikoranabuhanga ndetse no gukomeza gushyigikira ihame ry'uburinganire bw'abagore n'abagabo.

Ibi ni ibyagarutsweho ubwo iyi komisiyo yakiraga mu nteko ishinga mategeko bamwe mu bayobozi mu biro bya minisitiri w'intebe n'ibigo biyishamikiyeho bungurana ibitekerezo ku ikoreshwa ry'ingengo y'imari y'umwaka ushize w'2015/2016 n'ibyo uru rwego ruteganya mu mwaka w’imari utaha wa 2016/2017 ndetse no mu gihe giciriritse.


Reba inkuru yose :





Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura