AGEZWEHO

  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...
  • U Bubiligi: Uwahamijwe ibyaha bya Jenoside yashinje Nkunduwimye kujya mu nama zayiteguraga – Soma inkuru...

Abadepite ntibanyuzwe n’ibisobanuro byatanzwe n’Umunyamabanga wa Leta muri MINEDUC

Yanditswe Feb, 14 2023 19:23 PM | 43,421 Views



Kuri uyu wa Kabiri, Inteko Rusange y’Umutwe w’Abadepite ntiyanyuzwe n’ibisobanuro mu magambo byatanzwe n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi ushinzwe amashuri y'imyuga n'ubumenyingiro, Irere Claudette ku bibazo byagaragaye mu mashuri y’imyuga n’ubumenyingiro.

Inteko yemeje ko agomba gutanga ibisobanuro mu nyandiko nk'uko biteganywa n'itegeko.

Bimwe mu bibazo abadepite bari bagaragaje, birimo ko hari Imirenge imwe itagira ishuri na rimwe ryigisha amashuri y’ubumenyingiro, umubare muto w’abanyeshuri biga amashuri y’imyuga y’ubumenyi ngiro.

Hari kandi ibikoresho bidahagije muri aya mashuri, amwe mu mashuri atarahabwa amashanyarazi ukoreshwa n’imashini nini n’ibindi.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira