AGEZWEHO

  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...
  • U Bubiligi: Uwahamijwe ibyaha bya Jenoside yashinje Nkunduwimye kujya mu nama zayiteguraga – Soma inkuru...

Abagenzuzi b'imari ya leta mu bihugu bya Afurika barasabwa gukorera mu mucyo

Yanditswe May, 07 2018 22:16 PM | 29,983 Views



Perezida w'inteko ishinga amategeko umutwe w'abadepite Hon Donatille Mukabalisa afungura inteko rusange y'ihuriro ry'ubugenzuzi bw'imari mu bihugu bya Áfurika bikoresha ururimi rw'icyongereza (African Organization of  English Supreme Audit) yashimiye uruhare inzego zishinzwe ubugenzuzi bw'imari ya Leta zigira mu gucunga neza imikoreshereze y'imari n'imitungo by'ibihugu no gukorera mu mucyo.

Umugenzuzi mukuru w'imari ya Leta mu Rwanda Obadiah Biraro avuga ko imikorere myiza y'urwego rw'ubugenzuzi bw'imari n'umutungo by'igihugu byatumye hari intambwe iterwa mu  kurwanya inyerezwa ry'imari n'umutungo by'igihugu.

Perezida w'Inteko ishinga amategeko, umutwe w'abadepite Hon Donatille Mukabalisa yavuze ko izo nzego zifasha inteko mu nshingano zazo kandi zigatuma habaho gukorera mu mucyo

Iyi nteko rusange izamara iminsi 5 hazanaganirwamo uburyo ikoranabuhanga ryafasha mu kunoza serivise zijyanye n'imikoreshereze y'imari hanaganirwe ku mbogamizi buri gihugu gihura na zo n'uburyo bwo gukumira ibyaha bijyana n'ikoranabuhanga.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira