Yanditswe May, 29 2023 20:31 PM | 52,760 Views
Abakenera kugura
Televiziyo, baravuga ko ubu biborohera kuzibona kandi ku giciro kidahanitse
kuva aho mu Rwanda haziye uruganda ruzikora NEIITC RWK.
Uru ruganda rwo ruvuga ko rufite ubushobozi bwo guhaza isoko ryo mu Rwanda.
Barayavuga Emmanuel tumusanze mu Mujyi wa Kigali mu iduka rigurisha ibikoresho by'ikoranabuhanga byiganjemo Televiziyo zikorerwa mu Rwanda za NEIITC RWK.
Abagurisha izi televiziyo bo bavuga ko batakigorwa no kujya kuzishaka hanze y'imbibi z'u Rwanda.
Mugisha Peter ushinzwe ubucuruzi mu ruganda NEIITC RWK avuga ko uru ruganda rukora televiziyo ziri mu byiciro bitandukanye, ku buryo umukiriya ahitamo igendanye n'amikoro ye.
Uruganda rwa NEIITC rushobora gukora televiziyo 400 ku munsi, mu gihe cy'umwaka urenga rukorera mu Rwanda rumaze kugeza ku isoko televiziyo ibihumbi 12.
Kwizera John Patrick
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru