Yanditswe May, 13 2022 20:11 PM | 113,659 Views
Abanyarwanda baba muri Sudani bahuriye mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe Abatutsi, iki gikorwa kikaba cyabereye mu murwa mukuru w’iki gihugu Khartoum.
Iki gikorwa cyitabiriwe n’abantu basaga 200 baturutse mu nzego zitandukanye ndetse n’izindi nshuti z’u Rwanda.
Ambasaderi Elzein Ibrahim Hussein warii uhagarariye leta ya Sudan wagajeje ijambo kubari bitabirye iki gikorwa, yavuze ko "Nta gushidikanya ko kwibuka ari ukuzirikana ububabare bw’abarokotse Jenoside babuze ababyeyi babo, abana babo inshuti n'bavandimwe bishwe nta cyaha bakoze."
"Gusa ubu Igihugu cy'u Rwanda cyabaye intangarugero ku mugabane wa Afurika, kandi ntitwakwibagirwa iterambere ryagezweho ndetse n'ubuzima bushya isi yose ibireba."
Uyu muyobozi avuga nabo nk'abaturage ba Sudan bakeneye kwigira ku Rwanda mu ngeri zitandukanye, zirimo ubumwe n’ubwiyunge, guteza imbere ubukungu ndetse n’ibindi.
Yavuze ko Sudani yifuza cyane gushimangira ubufatanye n’u Rwanda kugira ngo nabo bagere ku bwiyunge bwabo.
Abasirikare ni abenegihugu nk’abandi ntibakwiye guhezwa mu bigiteza imbere- Gen Kazura
May 20, 2022
Soma inkuru
U Bubiligi bwahaye u Rwanda inkunga ya Miliyari 18 Frw yo guteza imbere abagore n'urubyiruko
May 20, 2022
Soma inkuru
Abanyeshuri b'abanyamahanga biga muri UNILAK baravuga ko Jenoside yakorewe Abatutsi yabera iso ...
May 20, 2022
Soma inkuru
Dr Biruta yagiranye ibiganiro n’abayobozi mu Bwongereza barimo uw’Ubutabera
May 20, 2022
Soma inkuru
Abatuye muri Nyabihu baravuga ko batishimiye umuvuduko bariho mu kugabanya igwingira mu bana
May 20, 2022
Soma inkuru
U Rwanda rurateganya gukoresha miliyari 4,650 muri 2022/2023
May 19, 2022
Soma inkuru