AGEZWEHO

  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...
  • U Bubiligi: Uwahamijwe ibyaha bya Jenoside yashinje Nkunduwimye kujya mu nama zayiteguraga – Soma inkuru...

Abanyarwanda baba muri Sudani bahuriye mu kwibuka ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe Abatutsi

Yanditswe May, 13 2022 20:11 PM | 114,653 Views



Abanyarwanda baba muri Sudani bahuriye mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe Abatutsi, iki gikorwa kikaba cyabereye  mu murwa mukuru w’iki gihugu Khartoum. 

Iki gikorwa cyitabiriwe n’abantu basaga 200 baturutse mu nzego zitandukanye ndetse n’izindi nshuti z’u Rwanda.

Ambasaderi Elzein Ibrahim Hussein warii uhagarariye leta ya Sudan wagajeje ijambo kubari bitabirye iki gikorwa, yavuze ko "Nta gushidikanya ko kwibuka ari ukuzirikana ububabare bw’abarokotse Jenoside babuze ababyeyi babo, abana babo inshuti n'bavandimwe bishwe nta cyaha bakoze."

"Gusa ubu Igihugu cy'u Rwanda cyabaye intangarugero ku mugabane wa Afurika, kandi ntitwakwibagirwa iterambere ryagezweho ndetse n'ubuzima bushya isi yose ibireba."

Uyu muyobozi avuga nabo nk'abaturage ba Sudan bakeneye kwigira ku Rwanda mu ngeri zitandukanye, zirimo ubumwe n’ubwiyunge, guteza imbere ubukungu ndetse n’ibindi. 

Yavuze ko Sudani yifuza cyane gushimangira ubufatanye n’u Rwanda kugira ngo nabo bagere ku bwiyunge bwabo.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira