Yanditswe Jan, 26 2017 22:36 PM | 2,852 Views
Bamwe mu batuye umujyi wa Kigali basanga ikoranabuhanga rimaze gufata indi ntera aho risigaye ryifashishwa mu gushakisha abakunzi. Ku rundi ruhande ariko hari abavuga ko ubu buryo bukwiye kwitonderwa kuko akenshi urwo rukundo rutaramba.
Uko imyaka igenda ishira ni ikoranabuhanga rya internet rirushaho koroshya ubuzima bw’abatuye isi, aho abantu bahurira ku mbuga nkoranyambaga bizwi nka social media cyangwa se imbuga za internet zitandukanye, bakamenyana, bakubaka ubushuti ndetse bamwe bikabaviramo guhura imbonankubone, bakaba bageza naho kurushinga.
Abantu bakundana barahujwe n'imbuga
nkoranyambaga ntabwo bimenyerewe cyane hano mu Rwanda ariko byateye imbere mu
bindi bihugu. Imibare igaragaza ko muri Leta zunze ubumwe za Amerika, abantu barenga
2,500 barambagiriza ku mbuga nkoranyambaga, aho buri mwaka hashyirwaho imbuga
nshya 1,000 zihuza abashaka kubana.
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
4 hours
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
5 hours
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru