Yanditswe Feb, 27 2018 23:39 PM | 4,856 Views
Bamwe mu bashoramari mu rwego rwa servisi zifashisha
ikoranabuhanga baratangaza ko amahirwe y'ishoramali leta yashyizeho amaze
kubafasha gutez'imbere ishoramali ryabo. Ibi kandi ngo bimaze kubafasha kwagura
ibikorwa byabo no hanze y'imipaka y'igihugu.
Aba bashoramari basanga kuba raporo
mpuzamahanga zitandundukanye zikomeza kugaragaza u Rwanda nka hamwe mu bihugu
byizewe gukorerwamo ishoramari, byabaye ngombwa ko nabo bafata iyambere mu
gusangiza ibindi bihugu bya Africa iterambere rishingiye kuri serivisi
zifashisha ikorabuhanga.
Nubwo byinshi mu bihugu bya afurika bigaragaramo amahirwe y’ ishoramari cyane cyane mu ikoranabuhanga, aba bashoramari bavuga ko bidakuraho zimwe mu nzitizi zishingiye ku miterere ya buri gihugu.
Inkuru mu mashusho:
Mu rwego rwo kwifurizanya umwaka mushya muhire hagati y'abanyamakuru bakunzwe ba RBA
Jan 04, 2016
Soma inkuru