AGEZWEHO

  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...
  • U Bubiligi: Uwahamijwe ibyaha bya Jenoside yashinje Nkunduwimye kujya mu nama zayiteguraga – Soma inkuru...

Abanyarwanda batuye muri Sudan basangiye umuganura

Yanditswe Aug, 06 2022 19:33 PM | 83,849 Views



Abanyarwanda batuye mu gihugu cya Sudan n’inshuti zabo, bahuriye mu murwa mukuru w’iki gihugu Khartoum bizihiza umunsi mukuru w’umuganura. Uyu muhango waranzwe n’ibiganiro birimo n’imivugo igaruka ku kamaro k’umuganura ku mibanire y’abanyarwanda n’uburyo leta y’u Rwanda yashyize imbaraga mu kugarura indangagaciro nyarwanda. 

Umuyobozi w’ibiro bihagarariye inyungu z’u Rwanda mu gihugu cya Sudan, Buhungu Abel yabwiye abitabiriye ibi birori ko umuganura ari kimwe mu bigize umuco nyarwanda kandi bikaba biteganywa n’itegeko nshinga u Rwanda rugenderaho cyane cyane mu ngingo yaryo ya 11. 

Yavuze ko n’ubwo kera umuganura wizihizwaga abanyarwanda basangira umusaruro ushingiye ku buhinzi muri ibi mu bihe igihugu kigezemo, harizihizwa umuganura ahubwo hishimirwa umusaruro mu byiciro bitandakanye birimo intambwe yatewe mu buzima, uburezi, ikoranabuhanga, ubucuruzi, ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, ibikorwaremezo, n’ibindi.

 Muri uyu muhango kandi hanabaye igikorwa cyo kwemeza amahame shingiro y’umuryango w’abanyarwanda batuye muri iki gihugu cya Sudan.





Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira