AGEZWEHO

  • Nyamasheke: Abantu 2 bapfuye abandi 8 barakomereka mu mpanuka y’umukingo wabagwiriye – Soma inkuru...
  • Abanyeshuri barenga ibihumbi 30 basabye guhindurirwa ibigo cyangwa amashami – Soma inkuru...

Abanyeshuri 32 bo mu bihugu bitanu basoje amasomo mu Ishuri Rikuru rya Polisi riri i Musanze

Yanditswe Jun, 25 2021 11:08 AM | 124,091 Views



Kuri uyu wa Gatanu, mu Ishuri Rikuru rya Polisi riri mu karere ka Musanze, Abanyeshuri 32  baturutse mu bihugu 5 byo muri Afurika aribyo  Kenya, Namibia, Somalia, Sudan y’Epfo n'u Rwanda basoje amasomo yo ku rwego rwo hejuru bari bamaze umwaka bahabwa.

Abagiye guhabwa impamyabumenyi, harimo abanyarwanda 25 bakora mu nzego z'umutekano, iki akaba ari icyiciro cya 9, naho aya masomo bakaba barayatangiye umwaka ushize.

Umuyobozi w'iri shuri, CP Christophe  Bizimungu yavuze  ko abanyeshuri basoje amasomo uyu munsi, ahamya ko bahawe  ubumenyi bubashyira ku rwego rwo hejuru mu mirimo yabo bashinzwe yo gucunga umutekano w'abantu n'ibintu .

Muri aba kandi 27 bahawe impamyabumenyi y'icyiciro cya Gatatu cya Kaminuza, bahawe na Kaminuza y'u Rwanda mu bijyanye n'amahoro no guhosha amakimbirane.





Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Nyamasheke: Abantu 2 bapfuye abandi 8 barakomereka mu mpanuka y’umukingo w

Abanyeshuri barenga ibihumbi 30 basabye guhindurirwa ibigo cyangwa amashami

Qatar: Dr Ngirente yitabiriye imurika mpuzamahanga ry'ubuhinzi bw’imb

Nyagatare: RAB yakuyeho akato kari kashyizweho kubera indwara y'uburenge

Kigali: Hari imihanda irimo kubakwa yadindiye ubu irimo guteza imivu y’ama

Akarere ka Musanze kongeye kunengwa ku kibazo cy'igwingira cyugarije abana

Nyamagabe: Ubuyobozi buhangayikishijwe n’ibikorwa bisubiza inyuma ubumwe n

Uburezi: Abakoze ibizamini byo kuba abarimu batagize amanota 70% basabwe gusubir