AGEZWEHO

  • Umurinzi w'Igihango Damas Gisimba warokoye benshi muri Jenoside yatabarutse – Soma inkuru...
  • Angola yashimye umuhate urimo gushyirwa mu biganiro byo kugarura amahoro muri RDC – Soma inkuru...

Abaperezida 5 bo muri EAC bagiye guhurira mu nama yiga ku mahoro n'umutekano

Yanditswe Apr, 21 2022 09:49 AM | 79,726 Views



Abakuru b'ibihugu 5 bo muri EAC bagiye guhurira mu nama yiga ku mahoro n'umutekano mu Karere k'ibiyaga bigari.

Ni inama iteganyijwe kuri uyu wa Kane, iza kwitabirwa na Perezida Kagame, Perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, Yoweri Museveni wa Uganda, Evariste Ndayishimiye w'u Burundi na Uhuru Kenyatta wa Kenya.

Ni inama ibaye nyuma y'igihe gito Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yinjiriye mu murya wa Afurika y'Iburasirazuba.

Iyi nama yitezweho gushaka ibisubizo bihuriweho bigamije gukemura ibibazo by'umutekano muke mu karere ibi bihugu bihuriyemo.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Minisiteri y'Ibidukikije irabasaba kureka gukoresha ibikoresho bya pulasiti

Angola yashimye umuhate urimo gushyirwa mu biganiro byo kugarura amahoro muri RD

Perezida Kagame yitabiriye irahira rya Perezida Erdogan

Banki Nyafurika itsura amajyambere irasaba imiryango itari iya leta kuyishyigiki

Hakenewe miliyari 296Frw zo gusana no kubaka ku buryo burambye ibyangijwe n'

Inama ya EAC yemeje ko abarwanyi ba M23 bazakirirwa mu kigo cya Rumangabo

Hibutswe Captain Mbaye Diagne wishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi

Abanyamahanga bashoye imari mu Rwanda basanga iki ari igihugu ntangarugero mu ko