AGEZWEHO

  • Tariki 20 Mata 1994 ni bwo Umwamikazi Gicanda yishwe – Soma inkuru...
  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...

Abaperezida 5 bo muri EAC bagiye guhurira mu nama yiga ku mahoro n'umutekano

Yanditswe Apr, 21 2022 09:49 AM | 80,015 Views



Abakuru b'ibihugu 5 bo muri EAC bagiye guhurira mu nama yiga ku mahoro n'umutekano mu Karere k'ibiyaga bigari.

Ni inama iteganyijwe kuri uyu wa Kane, iza kwitabirwa na Perezida Kagame, Perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, Yoweri Museveni wa Uganda, Evariste Ndayishimiye w'u Burundi na Uhuru Kenyatta wa Kenya.

Ni inama ibaye nyuma y'igihe gito Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yinjiriye mu murya wa Afurika y'Iburasirazuba.

Iyi nama yitezweho gushaka ibisubizo bihuriweho bigamije gukemura ibibazo by'umutekano muke mu karere ibi bihugu bihuriyemo.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira