Yanditswe Apr, 21 2022 09:49 AM | 80,015 Views
Abakuru b'ibihugu 5 bo muri EAC bagiye guhurira mu nama yiga ku mahoro n'umutekano mu Karere k'ibiyaga bigari.
Ni inama iteganyijwe kuri uyu wa Kane, iza kwitabirwa na Perezida Kagame, Perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, Yoweri Museveni wa Uganda, Evariste Ndayishimiye w'u Burundi na Uhuru Kenyatta wa Kenya.
Ni inama ibaye nyuma y'igihe gito Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yinjiriye mu murya wa Afurika y'Iburasirazuba.
Iyi nama yitezweho gushaka ibisubizo bihuriweho bigamije gukemura ibibazo by'umutekano muke mu karere ibi bihugu bihuriyemo.
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru