AGEZWEHO

  • Bagiye kubona ibintu byiza- Danny Nanone yijeje indirimbo nshya – Soma inkuru...
  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...

Abashaka gukorera permis definitifs bemerewe kwiyandikisha

Yanditswe Dec, 02 2022 17:38 PM | 215,018 Views



Mu gihe hashize igihe kinini abifuza gukorera impushya zo gutwara ibinyabiziga mu buryo bwa burundu bifuza gukora ibizamini, Polisi y'u Rwanda yatangaje ko kuri uyu wa Gatandatu 15h00, urubuga Irembo ruzaba rufunguye ku bashaka kwiyandikisha.

Israël Bimpe, Umuyobozi Mukuru w’Urubuga  Irembo avuga ko imbongamizi zari ku rubuga irembo zavugutiwe umuti, kuko ubu bashyizeho gahunda ihamye yo korohereza abashaka impushya zo gutwara ibinyabiziga. 



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura