Yanditswe Dec, 02 2022 17:38 PM | 214,045 Views
Mu gihe hashize igihe kinini abifuza gukorera impushya zo
gutwara ibinyabiziga mu buryo bwa burundu bifuza gukora ibizamini, Polisi y'u
Rwanda yatangaje ko kuri uyu wa Gatandatu 15h00, urubuga Irembo ruzaba
rufunguye ku bashaka kwiyandikisha.
Israël Bimpe, Umuyobozi Mukuru w’Urubuga Irembo avuga ko imbongamizi zari ku rubuga irembo zavugutiwe umuti, kuko ubu bashyizeho gahunda ihamye yo korohereza abashaka impushya zo gutwara ibinyabiziga.
Byinshi kuri Dr Ngabonziza wavumbuye ubwoko bushya bw'igituntu
5 hours
Soma inkuru
Abahinga mu cyanya cya Nasho bahangayikishijwe n’ikibazo cy'imvubu zibonera
Jan 28, 2023
Soma inkuru
Perezida Kagame asanga Kongo ubwayo ariyo ikwiye gukemura ibibazo ifite
Jan 28, 2023
Soma inkuru
Bamwe mu bagororwa bayobotse uburyo bw’ubwumvikane bwo kwemera icyaha basabye bagenzi babo kub ...
Jan 27, 2023
Soma inkuru
Abatuye muri Muhanga bemeye kwita ku mutekano w’ikiraro gishya kibahuza n’abo muri Gaken ...
Jan 27, 2023
Soma inkuru
Umuryango mpuzamahanga wongeye gusabwa kurwanya imvugo zimakaza urwango
Jan 27, 2023
Soma inkuru