AGEZWEHO

  • Nyamasheke: Abantu 2 bapfuye abandi 8 barakomereka mu mpanuka y’umukingo wabagwiriye – Soma inkuru...
  • Abanyeshuri barenga ibihumbi 30 basabye guhindurirwa ibigo cyangwa amashami – Soma inkuru...

Abashakashatsi mu by'ubuhinzi basanga hagomba guhimbwa uburyo bw'ikoranabuhanga mu buhinzi bubereye abahinzi

Yanditswe Sep, 05 2022 19:23 PM | 235,420 Views



Bamwe mu bashakashatsi n'Impuguke mu by'ubuhinzi bari mu Rwanda mu nama yihuriro Nyafurika ku iterambere ry'ubuhinzi kuri uyu mugabane, basanga hagomba guhimbwa uburyo bw'ikoranabuhanga mu buhinzi bubereye abahinzi.

Byagaragarijwe mu nama yahuje abahanga mu by'ubuhinzi berekanye ko uyu mugabane ukeneye kongera umusaruro w'ubuhinzi niba intego ya 2063 yo kwihaza ku biribwa igomba kugerwaho.

Umuyobozi Mukuru w'ikigo IPAR gikora ubushakashatsi kikanasesengura politike n'ingamba za leta,  Eugenia Kayitesi avuga ko abashakashatsi bafite uruhare mu gushakisha ibisubizo by'ibibazo abahinzi bafite.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Nyamasheke: Abantu 2 bapfuye abandi 8 barakomereka mu mpanuka y’umukingo w

Abanyeshuri barenga ibihumbi 30 basabye guhindurirwa ibigo cyangwa amashami

Qatar: Dr Ngirente yitabiriye imurika mpuzamahanga ry'ubuhinzi bw’imb

Nyagatare: RAB yakuyeho akato kari kashyizweho kubera indwara y'uburenge

Kigali: Hari imihanda irimo kubakwa yadindiye ubu irimo guteza imivu y’ama

Akarere ka Musanze kongeye kunengwa ku kibazo cy'igwingira cyugarije abana

Nyamagabe: Ubuyobozi buhangayikishijwe n’ibikorwa bisubiza inyuma ubumwe n

Uburezi: Abakoze ibizamini byo kuba abarimu batagize amanota 70% basabwe gusubir