Yanditswe Jun, 17 2022 19:46 PM | 130,336 Views
Abatuye Akarere ka Burera barasaba ko umuhanda Base-Butaro-Kidaho washyirwamo kaburimbo, ubuyobozi bw’Akarere ka Burera bwizeza ko imirimo itangira vuba.
Imirimo yo gukora umuhanda Base Kirambo Kidaho
wari warangiritse, irarimbanyije aho kuri ubu urimo gusanwa.
Nubwo abaturiye n’abakoresha uyu muhanda
babyishimira, ariko barasaba ko washyirwamo kaburimbo.
Umunyamabanga wa leta muri Minisiteri
y'ibikorwaremezo, Eng. Uwase Patricie yasuye imirimo yo gusana uyu muhanda areba aho igeze.
Umuyobozi w'Akarere ka Burera Wungirije Ushinzwe
iterambere ry'Ubukungu, Nshimiyimana Jean Baptiste avuga ko mu mezi atatu ari
imbere, umushinga wo kubaka kaburimbo muri uyu muhanda utangira.
Umuhanda Base Kirambo Kidaho numara kuzura, uzafasha mu buhahirane bw'abatuye Burera n’ibindi bice bitandukanye.
Uzanyura kuri Kaminuza Mpuzamahanga ya Butaro
n'ibitaro bya Butaro, unateze imbere ubukerarugendo mu gishanga cy'urugezi
n'ibiyaga by'impanga bya Burera na Ruhondo.
Umuryango AVEGA-Agahozo uvuga ko mu minsi 100 yo kwibuka Jenoside intego bari bihaye zimaze kugerwah ...
Jul 03, 2022
Soma inkuru
Imiryango 30 yo muri Muhanga yakemuriwe ikibazo cy’icumbi mu 2021-2022
Jul 03, 2022
Soma inkuru
Abavuga ko Gaz ihenze kurusha amakara babiterwa no kudasobanukirwa- Dr Mujawamariya
Jul 03, 2022
Soma inkuru
Abanyarwanda baba muri Mozambique bakoze umuganda rusange mu kwizihiza umunsi wo kwibohora
Jul 03, 2022
Soma inkuru
Bamwe mu baturage batewe impungenge n’imibare y’abandura Covid-19 itangiye kwiyongera
...
Jul 02, 2022
Soma inkuru
Huye: Ingo 3000 zo muri Mbazi zahawe amazi
Jul 02, 2022
Soma inkuru