AGEZWEHO

  • Perezida Kagame yamwenyuye nyuma y'intsinzi ya Arsenal FC – Soma inkuru...
  • NAEB yagaragaje ko ibyoherezwa hanze bituruka ku ndabo n'imbuto byageze kuri toni 1000 ku kwezi – Soma inkuru...

Abitabiriye umuhango wo Kwita Izina bakoranye umuganda n'abanyarwanda

Yanditswe Aug, 27 2016 23:41 PM | 2,443 Views



Ibihugu byo mu karere k'afurika y'iburasirazuba, bikwiye kwigira ku Rwanda uburyo abaturage bahuza imbaraga, bakishakamo ibisubizo. Ibi n'ibyavuzwe na bamwe mu bakora ibikorwa by'ubukerarugendo mu bihugu bigize umuryango w'afurika y'iburasirazuba kuri uyu wa gatandatu nyuma yo kwifatanya n'abaturage b'umurenge wa Kigali mu muganda rusange.

Mu muganda rusange wo guharura ikirometero kimwe n'igice cy'uyu muhanda, abaturage b'uyu murenge wa kigali, bifatanije n'abakora ibikorwa by'ubukerarugendo mu bihugu bigize umuryango w'afulika y'iburasirazuba, bari mu Rwanda aho baje kwitabira ibikorwa bibanziriza kwita izina abana b'ingagi, bavuze ko ibyo abanyarwanda bakora, ari urugero rwiza rwagakwiye kureberwaho n'ibindi bihugu.

Inkuru irambuye mu mashusho:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize