Yanditswe Jan, 22 2023 12:41 PM | 6,931 Views
Kuri iki Cyumweru Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bitabiriye Siporo rusange ya Car Free day hamwe n'abatuye Umujyi wa Kigali.
Ni Siporo ikorwa inshuro ebyiri mu kwezi mu rwego rwo kurwanya indwara zitandura ndetse no kugabanya imyuka yangiza ikirere aho imihanda imwe n'imwe ifungwa igaharirwa abanyamaguru ndetse n'abandi bakora siporo zitandukanye zirimo kugendera ku magare, Skate, Tennis yo mu muhanda n'indi mikino.
Iyi siporo kandi yatangiye gukorwa no mu turere dutandukanye tw'igihugu.
Uko mu Karere ka Kayonza bitabiriye Siporo rusange kuri iki Cyumweru.
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
4 hours
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru