Yanditswe Mar, 08 2019 08:18 AM | 10,533 Views
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 8 Werurwe u Rwanda rurizihiza umunsi mpuzamaahnaga w'umugore ku nsanganyamatsiko igira iti "Dufatane urunana twubake umuryango utekanye".
Impuguke mu by'uburinganire zisanga amategeko
yashyizweho mu kwimakaza ihame ry'uburinganire n'ubwuzuzanye bw'abagabo
n'abagore yaratumye abagore bagira uruhare n’uburenganzira mu guteza imbere
imiryango.
Umwalimu muri Kaminuza y'u Rwanda akaba impuguke k'uburinganire n'iterambere, Dr HATEGEKIMANA Celestin avuga ko ubushake bwa Politiki no kuvugurura amategeko ku ihame ry'uburinganire n'ubwuzuzanye byatumye abagore barushaho gutera intambwe bitabira imirimo itandukanye.
Urwego rushinzwe kugenzura iyubahirizwa ry'ihame ry'uburinganire n'ubwuzuzanye bw'abagore n'abagabo mu iterambere ry'igihugu, GMO rugaragaza ko n'ubwo hari ibimaze gukorwa, hari ibigomba gushyirwamo imbaraga.
Abasaga 200 bategerejwe i Kigali mu Iserukiramuco ‘Kigali Triennial’
Feb 12, 2024
Soma inkuru
Art Rwanda yatumye hahangwa imirimo 400 mu myaka 2
May 15, 2023
Soma inkuru