Yanditswe Nov, 25 2017 23:09 PM | 6,738 Views
Isoko rya Nyarugenge mu mujyi wa Kigali ryatangiye
mu gihe cy’ubukoloni. Muri icyo gihe ariko ngo inzu z’ubucuruzi muri 'quartier
commercial' ahubatswe iryo soko zose zari iz’abanyamahanga biganjemo abarabu n’abahinde.
Umusaza Kayitaba Halfan wacururije mu isoko rya Nyarugenge kuva mu 1965 kugera mu 1990 avuga ko imiterere y’iryo soko rimwe na rimwe yabangamiraga abarikoreragamo. Yagize ati, "Isuku ntabwo yari ishimishije harimo umwanda mwinshi, mbere ndetse habanje kuba ibyondo nyuma bashyiramo agasima. Ubundi hari mu cyondo imvura yagwa tukiruka tukajya kugama. Byari nk’ibintu byo kwirwanaho ntago ari nkuko ubungubu bimeze byateye imbere cyane. Ahantu hari hasakaye ni aho babagiraga bagurisha inyama ahandi ryari rirangaye ntago ryari risakaye."
Inkuru mu mashusho:
Abasaga 200 bategerejwe i Kigali mu Iserukiramuco ‘Kigali Triennial’
Feb 12, 2024
Soma inkuru
Art Rwanda yatumye hahangwa imirimo 400 mu myaka 2
May 15, 2023
Soma inkuru