AGEZWEHO

  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...
  • Gatsibo: Bijejwe guhabwa umuhanda wa Kaburimbo amaso ahera mu kirere – Soma inkuru...

Ambasade y'u Bushinwa mu Rwanda yagiranye ibiganiro n'abize mu Bushinwa

Yanditswe Jan, 19 2023 19:48 PM | 5,767 Views



Kuri uyu wa Kane, Ambassade y'u Bushinwa mu Rwanda yagiranye ibiganiro n'abize mu Bushinwa, abashakashatsi ndetse n'inshuti z'iki gihugu, ibiganiro byibanda ku iterambere ry'u Bushinwa ndetse n'icyo umugabane wa Afurika by'umwihariko u Rwanda rwakwigira ku iterambere u Bushinwa bugezeho.

Iragena Fidence uyoboye itsinda ry'abize mu Bushinwa yemeza ko hari byinshi u Bushinwa bakoze kugira ngo bugere ku iterambere buriho ubu kandi ko n'ibihugu bya Afurika biramutse bigize ubushake nk'ubw'u Bushinwa nabyo byagera kuri iri terambere.

Kugeza ubu u Bushinwa bufite imshinga itandukanye bukorera mu Rwanda haba mu burezi, mu bikorwa remezo n'ibindi.

Ambasaderi w'u Bushinwa mu Rwanda, Wang Xuekun avuga ko umubano w'u Rwanda n'u Bushinwa ushingiye kubyo u Rwanda ruhuriyeho n'iki gihugu.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama