Yanditswe Feb, 17 2020 06:42 AM | 12,443 Views
Kuri iki Cyumweru ni bwo mu Ishuri rya Gisirikare i Gabiro
hatangiye umwiherero wa 17 w’abayobozi, ukaba uhuje abasaga 400.
Perezida wa Repubulika Paul Kagame ni we wawufunguye ku mugaragaro, aho yasabye abayobozi kwirinda imico mibi ituma batubahiriza inshingano bahawe n’Abanyarwanda. Akaba yasabye urubyiruko rwawitabiriye kutazigera rwiga imico mibi.
Nyuma y’iri jambo, hakurikiyeho ikiganiro cyibanze ku bikwiye gukorwa ngo u Rwanda ruzagere ku nteko rwihaye mu cyerekezo 2050.
Soma inkuru bifitanye isano: Perezida Kagame yanenze imico mibi iranga bamwe mu bayobozi harimo n’abaherutse kwegura
Aya ni amafoto yaranze umunsi wa mbere.
Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi
Apr 19, 2024
Soma inkuru
REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr
Jan 19, 2024
Soma inkuru
Oscar Pistorius yafunguwe nyuma y'imyaka 11 ishize yishe uwari umukunzi we
Jan 05, 2024
Soma inkuru
Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda
Dec 14, 2023
Soma inkuru
Twitege iki kuri Tour du Rwanda 2024?
Nov 09, 2023
Soma inkuru
Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya
Nov 05, 2023
Soma inkuru
Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023
Oct 22, 2023
Soma inkuru
Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abagenda n'amaguru
Oct 15, 2023
Soma inkuru