AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Amwe mu mafoto agaragaza uko umunsi wa mbere w’umwiherero wa 17 w’abayobozi wagenze

Yanditswe Feb, 17 2020 06:42 AM | 12,443 Views



Kuri iki Cyumweru ni bwo mu Ishuri rya Gisirikare i Gabiro hatangiye umwiherero wa 17 w’abayobozi, ukaba uhuje abasaga 400.

Perezida wa Repubulika Paul Kagame ni we wawufunguye ku mugaragaro, aho yasabye abayobozi kwirinda imico mibi ituma batubahiriza inshingano bahawe n’Abanyarwanda. Akaba yasabye urubyiruko rwawitabiriye kutazigera rwiga imico mibi.

Nyuma y’iri jambo, hakurikiyeho ikiganiro cyibanze ku bikwiye gukorwa ngo u Rwanda ruzagere ku nteko rwihaye mu cyerekezo 2050.

Soma inkuru bifitanye isano: Perezida Kagame yanenze imico mibi iranga bamwe mu bayobozi harimo n’abaherutse kwegura

Aya ni amafoto yaranze umunsi wa mbere.


Jean Claude NDAYISHIMYE



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage