AGEZWEHO

  • Abarokokeye Jenoside muri Ste Famille bavuze inzira y’umusaraba banyuzemo – Soma inkuru...
  • Uganda yiyemeje guhashya icyasubiza Akarere mu icuraburindi nk’irya Jenoside yakorewe Abatutsi – Soma inkuru...

BARASABA KO ABARUNDI BAGIZE URUHARE MURI JENOSIDE BAKURIKIRANWA

Yanditswe May, 06 2019 06:03 AM | 6,738 Views



Umunyabanga wa Leta muri Ministeri y'ububanyi n'amahanga ushinzwe ibikorwa by'umuryango wa Afrika y'uburasirazuba, Amb. Nduhungirehe Olivier arizeza abarokotse Jenoside bo mu karere ka Ruhango, ko ikibazo cy'Abarundi bashinjwa kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi muri aka gace kigiye guhagurukirwa.


Nduhungirehe Olivier yizeza abacitse ku icumu muri aka gace ko iki kibazo iyi ministeri igiye kugihagurukira.

Igice cyahoze ari segiteri Mayunzwe ubu kiri mu murenge wa Mbuye. Kigizwe n'imisozi irimo uwa Nzaratsi, Giti Cyuma, Mayunzwe na Kizibere.

Kugeza ubu urwibutso rwa Mayunzwe rushyinguyemo ababarirwa kuri 950.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu