Yanditswe May, 06 2019 06:03 AM | 6,738 Views
Umunyabanga wa Leta muri Ministeri y'ububanyi n'amahanga ushinzwe ibikorwa by'umuryango wa Afrika y'uburasirazuba, Amb. Nduhungirehe Olivier arizeza abarokotse Jenoside bo mu karere ka Ruhango, ko ikibazo cy'Abarundi bashinjwa kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi muri aka gace kigiye guhagurukirwa.
Nduhungirehe
Olivier yizeza abacitse ku icumu muri aka gace ko iki kibazo iyi ministeri
igiye kugihagurukira.
Igice cyahoze ari segiteri Mayunzwe ubu kiri mu murenge wa Mbuye. Kigizwe n'imisozi irimo uwa Nzaratsi, Giti Cyuma, Mayunzwe na Kizibere.
Kugeza ubu urwibutso rwa Mayunzwe rushyinguyemo ababarirwa kuri 950.
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru