AGEZWEHO

  • Perezida Kagame yamwenyuye nyuma y'intsinzi ya Arsenal FC – Soma inkuru...
  • NAEB yagaragaje ko ibyoherezwa hanze bituruka ku ndabo n'imbuto byageze kuri toni 1000 ku kwezi – Soma inkuru...

BK yahawe icyemezo kigaraga ko yujuje ibisabwa mu kubika no kubungabunga amakuru y’abakiriya

Yanditswe Aug, 19 2020 10:53 AM | 50,289 Views



Banki ya Kigali yatangaje ko mu ntangiriro z'uyu mwaka yahawe icyemezo cy'imikorere yujuje ubuziranenge cya ISO 27001:2013, bisobanuye ko iyi banki yujuje ibisabwa mu kubika no kubungabunga amakuru y'abakiriya bayo, nk'uko bisabwa n'ikigo gishinzwe umutekano w'amakuru SMSI. 

Ibi bireba politiki n'uburyo amakuru yerekeranye na banki acungwa akanakoreshwa.

Iki cyemezo gishimangira ko Banki ya Kigali ifite uburyo buhamye bwo kubungabuga umutekano w'amakuru n'imikoreshereze yaho hifashishijwe ikoranabuhanga, kandi ubwo buryo bukaba bwujuje amahame mpuzamahanga. 

Banki ya Kigali itangaza ko iki cyemezo ari uburyo bwo kwizeza abakiriya bayo ko izakomeza kubaha serivisi nziza. 

Itangaza ko izakomeza guharanira kubungabunga amakuru yerekeye abakiriya bayo, kugira ngo bumve batekanye, bityo barusheho kwifuza gukorana na yo.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize