AGEZWEHO

  • Tariki 20 Mata 1994 ni bwo Umwamikazi Gicanda yishwe – Soma inkuru...
  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...

BRD igiye gufashwa kuva mu gihombo cya miliyari 5 z’amafaranga yari ifite

Yanditswe May, 21 2019 10:17 AM | 7,074 Views



Minisiteri y’imari n’igenamigambi yatangaje ko gahunda yo kuvugurura Banki Itsura Amajyambere y’u Rwanda (BRD), mu myaka itatu iri imbere, hazashyirwamo miliyari 23 zigamije kuvugura iyi banki kugira ngo hongerwe ubushobozi bwayo kugira ngo ikomeze gufasha muri gahunda za leta zigamije iterambere.

Mu ngengo y’imari 2019-2020 izatangira muri Nyakanga uyu mwaka, leta izashyiramo miliyari 10.

Minisitiri w’imari n’igenamigambi Dr Uzziel Ndagijimana, yavuze ko leta yahisemo kuvugurura BRD kugira ngo ikomeze kugira uruhare mu iterambere ry’urwego rw’abikorera bityo rurusheho kuba umusemburo w’iterambere.

Iki cyemezo cya leta cyo gufasha BRD kiri mu rwego rwo kuyiha imbaraga ngo ikomeze gufasha inzego zitandukanye zirimo iz’ubuhinzi, inganda, ubwubatsi, ibyoherezwa mu mahanga n’ibindi.

Aya mafaranga azashyirwa muri BRD ngo azayifasha kandi kuva mu gihombo cya miliyari 5 z’amafaranga yari ifite. Mu mpera za 2017 iyi banki yari imaze guhomba miliyari 11.1



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira