AGEZWEHO

  • Tariki 20 Mata 1994 ni bwo Umwamikazi Gicanda yishwe – Soma inkuru...
  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...

INDWARA ITARAMENYEKANA IMAZE GUFATA ABANYESHURI BASAGA 20

Yanditswe Jun, 17 2019 08:50 AM | 4,746 Views



Indwara itaramenyekana imaze gufata abanyeshuri basaga 20 mu ishuri ryisumbuye New Explorers Academy mu karere ka Bugesera.Inzego z’ubuzima ziriho zirakurikiranira hafi iby’iyi ndwara.

Abanyeshuri 24 biga muri New Explorers Girls Academy ni bo bamaze kugaragaraho iyo ndwara bahimbye izina Shake Shake, izina risanisha ingendo y’iyirwaye kubera kugenda ashaka kwitura hasi. 

12 mu bafashwe baratashye bajya kurwarira iwabo abandi bahama mu kigo. 

Abafashwe n'iyo dwara icyo bahurizaho ni uko bababara mu mavi bakagenda bacumbagira bamwe bakaba batava aho bari batishingikirije bagenzi babo.


Umwe mu bagize Itsinda rya Minisiteri y'ubuzima n'abandi bafatayabikorwa ryasuye iryo shuri Gashayija Modeste yavuze ko hagikorwa isesengura ku byavuye mu ngendo bakoze muri iryo shuri kugira ngo hameyekane iby'iyo ndwara n'uko yavurwa ndetse n’uko abanyeshuri bakwitwara.

Ishuri New Explores Girls Academy ryigwamo n'abakobwa gusa 299, iyo ndwara ikaba yaratangiye kwigaragaza muri iryo shuri mu mpera z'umwaka ushize wa 2018, imaze gufata umwama umwe, aravurwa arakira, ariko agarutse ku ishuri iyo ndwara iramusubira,hafatwa n’abandi.

Ni inkuru ya John Bicamumpaka




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira