AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

BURI MWAKA HAKIRWA IBIREREGO 150 BY'ABAKOZI BAHUYE N’AKARENGANE

Yanditswe May, 01 2019 10:13 AM | 6,257 Views



Abahagarariye amasendika y'abakozi mu Rwanda bahangayikishijwe n’imwe mu mibereho y'abakozi bo mu bigo by'abikorera n'ibya Leta.

Francois Ntakiyimana Umunyamabanga mukuru wa Syndika COTRAF inganda n'ubwubatsi avuga ko buri mwaka bakira ibirego 150 by'abakozi bahuye n'aka karengane, bakabafasha mu by'amategeko.

Asobanura ko abakoresha batsinzwe bishyura abakozi babo, ariko nabo bakaba bafite imbogamizi z'uko hari abakoresha b'abanyamahanga bigorana kubishyuza kuko bahita bisubirira mu bihugu byabo.


Ibibazo bikomeye Ntakiyimana avuga ko bikibangamye abakozi bagaragaza birimo abakozi bakora nta masezerano bakirukanwa n'abakoresha nta nteguza, gukora amasaha y'ikirenga badahemberwa, abakoresha birukana abakozi bitwaje ikibazo cy'ubukungu bwagabanutse, kudateganyiriza abakozi, ndetse n'ikibazo cy'ingutu ku mpanuka zikomeje guhitana abakozi bo mu birombe imiryango yabo ntishumbushwe ndetse n'ubwambuzi.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage