AGEZWEHO

  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...
  • U Bubiligi: Uwahamijwe ibyaha bya Jenoside yashinje Nkunduwimye kujya mu nama zayiteguraga – Soma inkuru...

Bamwe mu bagize umuryango w’Ubwami bw’u Bwongereza basuye urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali

Yanditswe Oct, 05 2022 17:52 PM | 117,657 Views



Sophie Rhys-Jones umugore w'igikomangoma Prince Edward wo mu Bwongereza akaba anashinzwe ibihugu by’Amajyepfo y’Umugabane wa Asia, umuryango w'Abibumbye n’uburenganzira bwa muntu, Tariq Ahmad bari mu Rwanda mu ruzinduko rw'akazi.

Kuri uyu wa Gatatu bagiranye ibiganiro n'umunyamabanga wa leta muri minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda ushinzwe umuryango wa Afurika y’u Burasirazuba, Prof Nshuti Manasseh, bikaba byibanze ku gukomeza ubufatanye hagati y'ibihugu byombi, guteza imbere uburenganzira bw'abagore, kurandura ihohoterwa no gufasha abafite ubumuga.

Aba bashyitsi kandi basuye urwibutso rwa Jenoside Kigali ruri ku Gisozi aho basobanuriwe amateka ya jenoside yakorewe abatutsi ndetse bunamira inzirakarengane zazize iyo genoside zishyinguye muri uru rwibutso.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira