Yanditswe May, 30 2016 11:16 AM | 1,872 Views
Ku nshuro ya mbere bamwe mu banyarwanda batuye mu
bihugu bitandukanye ku isi batoranyijwe nk’indashyikirwa bagenewe ibihembo mu
rwego rwo kubashimira uruhare bagira mu guhesha isura nziza umuryango nyarwanda.
Ni igikorwa cyabereye mu murwa mukuru w'ububiligi Buruseli.
Aba banyarwanda batatu barimo Anne Dushime, Aimable Karirima Ngarambe na Patrice Shema Gateja.
Iki gihembo cyahawe izina rya «Prix d’excellence/excellence prize » cyateguwe n’itsinda ‘ejo heza group’ rigizwe n’abanyarwanda bo ku migabane itandukanye yo ku isi rifatanyije n’ihuriro ry’umuryango nyarwanda mu bubiligi ‘Diaspora Rwandaise de Belgique-drb rugari’ ndetse n’ihuriro ry’imiryango nyarwanda yo hirya no hino ku isi ‘Rwanda Diaspora Global Network-RDGN’.
Umwe mu bashyikirijwe igihembo ni umwari ukiri muto mu myaka, ariko mukuru mu bikorwa, Anna Dushime.
yagaragaje ubudasa ubwo yitaga ku mpunzi zo muri syria zahungiye mu budage aho atuye, kugeza ubwo afashe umuryango ugizwe n’umugore, umugabo n’abana bashegeshwe n’intambara akabakira mu nzu abamo, abaha aho kwegeka umusaya ari nako abitaho mu bindi bari bakeneye.
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
Apr 24, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru