AGEZWEHO

  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...
  • Gatsibo: Bijejwe guhabwa umuhanda wa Kaburimbo amaso ahera mu kirere – Soma inkuru...

Bamwe mu banyarwanda batuye hanze bahawe ibihembo by'indashyikirwa

Yanditswe May, 30 2016 11:16 AM | 1,872 Views



Ku nshuro ya mbere bamwe mu banyarwanda batuye mu bihugu bitandukanye ku isi batoranyijwe nk’indashyikirwa bagenewe ibihembo mu rwego rwo kubashimira uruhare bagira mu guhesha isura nziza umuryango nyarwanda.

Ni igikorwa cyabereye mu murwa mukuru w'ububiligi Buruseli.

Aba banyarwanda batatu barimo Anne Dushime, Aimable Karirima Ngarambe na Patrice Shema Gateja.

Iki gihembo cyahawe izina rya «Prix d’excellence/excellence prize » cyateguwe n’itsinda ‘ejo heza group’ rigizwe n’abanyarwanda bo ku migabane itandukanye yo ku isi rifatanyije n’ihuriro ry’umuryango nyarwanda mu bubiligi ‘Diaspora Rwandaise de Belgique-drb rugari’ ndetse n’ihuriro ry’imiryango nyarwanda yo hirya no hino ku isi ‘Rwanda Diaspora Global Network-RDGN’.

Umwe mu bashyikirijwe igihembo ni umwari ukiri muto mu myaka, ariko mukuru mu bikorwa, Anna Dushime.

yagaragaje ubudasa ubwo yitaga ku mpunzi zo muri syria zahungiye mu budage aho atuye, kugeza ubwo afashe umuryango ugizwe n’umugore, umugabo n’abana bashegeshwe n’intambara akabakira mu nzu abamo, abaha aho kwegeka umusaya ari nako abitaho mu bindi bari bakeneye.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama