AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Bifuza ko ibikorwaremezo byubatswe hirindwa COVID19 byakoreshwa mu kwirinda Ebola

Yanditswe Oct, 03 2022 15:13 PM | 60,699 Views



Hari batuye Umujyi wa Kigali n'abawugendamo baturutse mu bice bitandukanye by'Igihugu barasaba ko ibikorwa remezo bifashishaga mu kwirinda icyorezo cya COVID19 byakongera bigakora kuko ngo basanga byanabafasha mu kwirinda icyorezo cya Ebola cyagaragaye muri Uganda.

Ahahurira abantu benshi nko mu masoko, gare no munsinsiro uhasanga abaturage bagenda basuhuzanya abandi bafatanye. Kwinjira byasabaga ko umuturage agomba gukaraba intoki mu rwego rwo kubahiriza ingamba zo kwirinda icyorezo cya COVID 19.

Nyuma y'uko cyigabanije ubukana usanga aho abaturage bakarabiraga mbere yo kwinjira hamwe hamaze gukurwaho,ahandi harangirika ku buryo nta mazi wasangamo.

Abatuye Umujyi wa Kigali n'abawugendamo bavuye mu mpande zose z'igihugu bavuga ko bafite impungenge z'uko nta bwirinzi bukigaragara nyamara mu gihugu cya Uganda haragaragaye icyorezo cya Ebola,mu kukirinda gisaba abaturage bakaraba intoki kenshi.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama