AGEZWEHO

  • Tariki 20 Mata 1994 ni bwo Umwamikazi Gicanda yishwe – Soma inkuru...
  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...

Bugesera: Amafaranga ya BYE BYE Nyakatsi yaranyerejwe

Yanditswe Mar, 23 2016 10:24 AM | 4,324 Views



Imiryango 9 itishoboye yo mu murenge wa Rweru, yubakiwe amacumbi muri gahunda ya bye bye nyakatsi yari yatangijwe na diaspora nyarwanda mu mwaka w'2011, baratangaza ko aya mazu bayahawe atuzuye, bigatuma hari impungenge zuko agiye guhirima. 

Amafaranga yagombaga gukusanya yari hafi miliyani 2 zari kubaka inzu 504 zari zigenewe abatishoboye muri uyu murenge. Hari mu mwaka w'2011. Gusa, kugeza ubu hamaze kubakwa inzu 9 nazo zituzuye neza. Abaturage bemeza ko batumva uko byagenze.

Ubuyobozi bw'akarere ka Bugesera bavuga ko abanyarwanda baba muri  Diaspora zitandukanye aribo bari kubakisha izi nzu 504 ariko ngo byarangiye batanze amafaranga make ahwanye no kubaka  n'inzu 9 nazo zitarangiye. 

Aloyisia Cyanzayire umuvunyi mukuru avuga ko amafaranga yari kubaka izi nzu ngo yagiye anyerezwa n'abantu batandatukanye ariko polisi y'igihugu ikaba ariyo iri gukurikirana iki kibazo.


Tubafitiye inkuru irambuye mu mashusho:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira